Webmaster

ISHURI E.P.M.A “AKANYONI” MURI YUBILE Y’IMYAKA 25

Ku wa gatandatu tariki 19/10/2024, ubwo ishuri ryigenga ryaragijwe Bikira Mariya utabara abakristu (École Privée Marie Auxiliatrice) (E.P.M.A) rizwi ku izina “AKANYONI”, riherereye muri Paruwasi Cathédrale Saint Michel, muri Arkidiyosezi ya Kigali, ryizihizaga Yubile y’imyaka 25 rimaze ritangiye, Musenyeri Casmir UWUMUKIZA, igisonga cya Arkiyepiskopi wa KIGALI, wayoboye igitambo cy’Ukarisitiya cyabimburiye ibi birori. Ibi birori byitabiriwe…

Read More

BUTARE: Karidinali Kambanda yayoboye umuhango w’itangwa ry’Ubwepisikopi kuri Musenyeri Jean Bosco Ntagungira

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05 Ukwakira 2024, muri Paruwasi Cathedral ya Butare, iherereye muri Diyoseze ya Butare, Arikiyepisikopi wa Kigali, Nyiricyubahiro Antoine Karidinali Kambanda, yayoboye umuhango w’itangwa ry’Ubwepisikopi kuri Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, watorewe kuyobora iyi Diyoseze, asimbuye Myr. Filipo Rukamba. Ibi bibaye nyuma yaho mu kwezi gushize Musenyeri Jean Bosco Ntagungira, wari…

Read More

Musenyeri Jean Bosco Ntagungira ni urwibutso rwiza rw’ Umwepisikopi wa Yubile y’impurirane

Arikiyepisikopi wa Kigali, Nyiricyubahiro Antoine Karidinali Kambanda, avuga ko Nyiricyubahiro Musenyeri Jean Bosco Ntagungira abaye Musenyeri mu gihe Kiliziya Gatolika yo mu Rwanda no ku isi muri rusange iri mu rugendo rwo kwizihiza Yubile y’impurirane, bityo ko ari urwibutso rwiza, azahore azirikana ko ari Umwepisikopi wa Yubile. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa gatandatu tariki ya…

Read More

CARDINAL KAMBANDA YAYOBOYE UMUHANGO WO GUHA UMUGISHA KILIZIYA NSHYA YA PARUWASI YA RUSHUBI

Ku cyumweru tariki ya 13 Ukwakira 2024, muri Paruwasi yitiriwe Mutagatifu Tereza w’umwana YEZU/RUSHUBI, iherereye muri Arkidiyosezi ya KIGALI, habereye umuhango wo guha umugisha no kwegurira Nyagasani inyubako ya Kiliziya nshya y’iyi Paruwasi. Uyu muhango wayobowe na Arkiyepiskopi wa KIGALI, Nyiricyubahiro Antoni Cardinal KAMBANDA. Nyuma yo gufungura imiryango y’iyi ngoro y’Imana ku mugaragaro, mu guha…

Read More

Yubile y’Isakramentu rya BATISIMU muri Kiliziya y’u RWANDA.

Kiliziya y’isi yose yatangije urugendo rwo guhimbaza Yubile y’imyaka 2025 Jambo yigize umuntu akaza kuducungura. Urwo rugendo rwatangijwe na Papa Fransisko ku itariki ya 11/2/2022. Insanganyamatsiko yo kuduherekeza muri urwo rugendo ni iyi: “ABAGENDANA AMIZERO”. Iyi Yubile ku rwego rw’isi yahuriranye n’imyaka 125 Ivanjili igeze mu Rwanda. Ni muri urwo rwego abepiskopi gatolika bo mu…

Read More

Ni ngombwa kugira umutima wagutse ukwirwamo abandi (Papa Fransisiko)

Nyirubutungane Papa Fransisiko arasaba urubyiruko kugira intumbero nziza zubakiye ku kwimakaza amahoro, kuganira no gusabana. Ni ngombwa kubaho ubuzima bufite intego. Kubaho ufite ibitekerezo byagutse. Aya ni amagambo akubiye mu Kiganiro Nyirubutungane Papa Fransisko yagejeje ku rubyiruko n’abarimu bagize urugaga rw’amashuri yita ku mahoro mu bihugu kuri uyu wa gatanu tariki ya 19/04/2024. Papa yabahamagariye…

Read More

Ubwizige, umugenzo mboneza bupfura utuma tumenya gukosora abandi tutabahutaje (Papa Fransisiko)

Umuntu uzi kwiziga muri we, amenya no gukosora abandi atabahutaje. Nawe akikosora, abandi babona imigirire ye myiza bakamwigana.” Kora ndebe iruta vuga numve, baho ndebereho ikabiruta byose”(Papa Fransisiko). Nyuma y’umugenzo mboneza bupfura w’ubudahangarwa ujyana n’imbaraga z’umutima, Nyirubutungane Papa Fransisiko yagarutseho mu nyigisho ye yo mu cyumweru gishize, Kuri uyu wa Gatatu tariki 17/04/2024, mu mwanya…

Read More

Ndashaka ko uwo munsi ubera roho zose ubuhungiro n’amirukiro cyane cyane iz’abanyabyaha…(Yezu abwira Mutagatifu Mama Fawusitina): Inyigisho ya Arkiyepiskopi ku munsi w’Impuhwe z’Imana

Kuri iki Cyumweru cya gatatu cya Pasika, Arkiyepiskopi wa Kigali yayoboye igitambo cya misa yo guhimbaza umunsi mukuru w’impuhwe z’Imana ku ngoro y’impuhwe z’Imana i Kabuga. Uyu munsi mukuru usanzwe uba ku cyumweru cya kabiri cya pasika, ariko wimuriwe ku cyumweru cya gatatu cya pasika kubera guhurirana n’umunsi wo gutangira icyumweru cy’icyunamo. Mu nyigisho Arkiyepiskopi…

Read More

” Mu Kwemera Yezu Wazutse, Umwana w’Imana ni ho turonkera ubuzima bwuzuye  dukesha izina rye”.Inyigisho ya Nyirubutungane Papa Fransisiko ku munsi mukuru w’impuhwe z’Imana

Muri Yezu Kristu dufite ubuzima bwuzuye. Kuri iki Cyumweru cy’impuhwe z’Imana tariki 7 Mata 2024, Nyirubutungane Papa Fransisiko mu Kuzirikana ibanga ry’Impuhwe z’Imana yerekanye uburyo muri Yezu Kristu wazutse twaronse ubuzima bwuzuye. Umunsi mukuru wo guhimbaza Impuhwe z’Imana twahimbaje ku munsi w’ejo, byari bibaye ku nshuro ya 21 kuva ubwo Mutagatifu Papa Yohani Paulo wa…

Read More