UBUTUMWA ABEPISKOPI BAGIZE INAMA Z’ABEPISKOPI ZO MU KARERE KA AFRIKA YO HAGATI (ACEAC) BAGENEYE ABATUYE AKARERE K’IBIYAGA BIGARI.

“Hahirwa abatera amahoro” (Mat 5, 9). 1. Kuva mu myaka mirongo itatu ishize, akarere kacu karemerewe n’ihungabana ry’amahoro mu nzego zitandukanye ndetse inshuro nyinshi ibi biba hagati y’imiryango yacu kugeza ku makimbirane agenda agaruka hagati ya Leta zacu. Akarere ibihugu byacu biherereyemo karerekeza mu ikwirakwira ry’ibibazo bishobora gutwara ubuzima bw’abantu benshi. 2. Iki kibazo kiri…

Read More