Gucunga neza umutungo wa Diyosezi ni ikimenyetso kigaragaza Kiliziya igendera hamwe: Umwiherero w’abapadiri ba Arkidiyosezi ya Kigali ku icungamutungo
Ku wa 19 ukwakira 2022 hatangiye umwiherero w’abapadiri ba Arkidiyosezi ya kigali ku icungamutungo, kugira ngo barebere hamwe uko umutungo wa Kiliziya ubungabunzwe. Uyu mwiherero umaze iminsi itatu waberaga muri Centre Saint Paul. Umwiherero w’uyu mwaka wa 2022 wari ufite insanganyamatsiko igira iti: “Gucunga neza umutungo wa Diyosesi ni ikimenyetso kigaragaza Kiliziya igendera hamwe.”…