Akamaro k’ubumwe muri Kiliziya n’umuhamagaro wa Kiliziya wo kuba urumuri rw’isi (Mt 5,14)

Mu gihe cy’iminsi ibiri (kuva tariki ya 29  kugeza tariki ya 30 Kanama 2022), Abakaridinali bose ba Kiliziya Gatolika bateraniye i Roma kugira ngo basesengure ibikubiye mu nyandiko ya Papa Fransisiko « Praedicate Evangelium » yatangiye gukoreshwa kuva tariki ya 5 Kamena 2022. Kuri uyu munsi wa mbere, Abakaridinali barebeye hamwe akamaro k’ubumwe muri Kiliziya n’umuhamagaro wa…

Read More