
Twese turi abavandimwe dusangiye ugupfa n’ugukira : Isi ikeneye ubufatanye no gusenyera umugozi umwe kugira ngo ibashe kwigobotora ibibazo by’ingutu biyugarije muri iki gihe (Papa Fransisiko)
Papa mu kiganiro cye yibanze ku kwibutsa abantu bose ko impinduka nziza yose ku buzima bw’abatuye isi, ishobora kugerwaho binyuze mu kuganira hamwe, ubufatanye, gutegana amatwi n’ubwumvikane abantu bashyize hamwe « Papa Fransisiko » Aya ni amwe mu magambo Nyirubutungane Papa Fransisiko yabwiye abari bitabiriye ihuriro mpuzamahanga rya 5 ku buringanire ryabereye muri Cuba, ryateguwe kubufatanye n’umuryango…