
Uruzinduko rwa Papa muri Congo na Sudani y’amajyepfo rwasubukuwe
Nyirubutungane Papa Fransisiko yatangaje ko kuva ku itariki ya 31 Mutarama kugera ku itariki ya 05 Gashyantare 2023 azasura iguhugu cya Congo na Sudani y’amajyepfo. Kuri uyu wa kane tariki 01 Ukuboza 2023 Ibiro bya Papa bishinzwe itangazamakuru byatangaje inkuru y’uru ruzinduko. Uru ruzinduko rwari ruteganijwe mu kwezi kwa Nyakanga muri uyu mwaka turi gusoza,…