« Abantu nibisubireho bidatinze bagarukire Imana « : Paruwasi ya Nkanga yizihije isabukuru y’imyaka 10 imaze ishinzwe

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 28 Ugushyingo 2022, Arkiyepiskopi wa Kigali Antoni Karidinali Kambanda, yifatanyije n’abakristu ba paruwasi ya Nkanga, mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10, paruwasi imaze ishinzwe. Arkiyepiskopi yanatashye kumugaragaro inzu mberabyombi ya paruwasi. Yari n’umunsi wo kwizihiza Bikira Mariya, Umubyeyi wa Kibeho, waragijwe paruwasi ya Nkanga. Abakristu ba Nkanga banifatanyije…

Read More

Urugendo nyobokamana rw’abakristu ba paruwasi Nkanga i Rilima

  Kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Nzeri 2022, abakristu ba Paruwasi Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho NKANGA, bakoreye Urugendo Nyobokamana muri Paruwasi y’Umutima Mutagatifu wa Yezu ya Rilima. Ni urugendo bateguye bagamije gukomeza umubano n’ubufatanye basanganywe, dore ko Paruwasi ya Rilima ari yo yibarutse Paruwasi Nkanga, imyaka ikaba ibaye 10 uhereye kuwa 15…

Read More

« Abana turi inshuti za Yezu na Mariya, dukunda Kiliziya n’Abasaserdoti bayo ». Isozwa rya « patronage » muri paruwasi ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho Nkanga

  « Patronage » ni ihuriro rihuza abana mu biruhuko binini by’umwaka, aho abana bahurizwa hamwe bagahabwa inyigisho zitandukanye za Kiliziya, bakanidagadura.   Kuri uyu wa gatanu tariki ya 9 nzeri 2022, kuri Paruwasi ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho NKANGA, hashojwe ku mugaragaro « patronage » ku rwego rwa Paruwasi. « Patronage » ni ihuriro rihuza abana mu…

Read More