« Abantu nibisubireho bidatinze bagarukire Imana « : Paruwasi ya Nkanga yizihije isabukuru y’imyaka 10 imaze ishinzwe
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 28 Ugushyingo 2022, Arkiyepiskopi wa Kigali Antoni Karidinali Kambanda, yifatanyije n’abakristu ba paruwasi ya Nkanga, mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 10, paruwasi imaze…