Umushyikirano ku buryo bwo gisigasira ubwumvikane mu muryango
Umuryango niwo gicumbi cy’ubuzima n’umusingi wa sosiyete na Kiliziya. Ku buryo ibyishimo by’urukundo ruganje mu muryango ari nabyo byishimo bya kiliziya. Kiliziya Gatolika ifata umuryango nka « kiliziya y’ibanze », « ishuri ry’iyobokamana »…