ArchKigali_MEDIA

KILIZIYA GATOLIKA IFITE IKIBAZO CY’UBUKE BW’ABASASERDOTI

‎Arkiyepiskopi wa KIGALI, Nyiricyubahiro Antoni Cardinal KAMBANDA, avuga ko Kiliziya Gatolika ifite ikibazo cy’ubuke bw’abasaserdoti bakora ubutumwa hirya no hino mu bikorwa bitandukanye bya Kiliziya, bityo agasaba abantu bose biyumvamo ijwi ry’Imana ribahamagarira kuba Abapadiri, kwitabira uyu muhamagaro, kuko ari amaboko Yezu Kristu akoresha mu kwamamaza Ivangili no mugutagatifuza imbaga y’Imana.‎‎Ibi, yabigarutseho ku wa gatandatu…

Read More

MURI PARUWASI YA NDERA HIZIHIRIJWE IBIRORI BYO KWIZIHIZA YUBILE Y’UBUSASERDOTI KU RWEGO RWA ARKIDIYOSEZI YA KIGALI

‎Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24/05/2025, muri Paruwasi yaragijwe Mutagatifu Nikola wa FULUWE/NDERA,  hizihirijwe ibirori byo guhimbaza Yubile y’Ubusaserdoti ku rwego rwa Arkidiyosezi ya KIGALI, yaherekejwe n’insanganyamatsiko igira iti “TURANGAMIRE KRISTU, WE MUSASERDOTI MUKURU, AKABA N’ISOKO Y’AMIZERO, UBUVANDIMWE N’AMAHORO.‎‎Igitambo cy’Ukarisitiya cyatuwe na Arkiyepiskopi wa KIGALI, Nyiricyubahiro Antoni Cardinal KAMBANDA, akikijwe na Arkiyepiskopi wa KIGALI…

Read More

URUBYIRUKO RWASOJE AMASOMO MU ISHURI RYA BIBILIYA RYA ARKIDIYOSEZI YA KIGALI

Abanyeshuri basoje amasomo kuri Bibiliya ikiciro cya gatatu mu ishuri rya Bibiliya rya SAINT LUCAS YOUTH BIBLE SCHOOL rya Arkidiyosezi ya KIGALI, riherere muri paruwasi yaragijwe Yohani Bosco/KICUKIRO, ku wa gatandatu tariki ya 17/05/2025 bakoze defense y’ibitabo (Mémoire) byabo banditse.‎‎Ishuri rya Bibiliya rya SAINT LUCAS YOUTH BIBLE SCHOOL ni ishuri rya Komisiyo y’urubyiruko ku rwego…

Read More

‎ ARKIDIYOSEZI YA KIGALI YAHIMBAJE UMUNSI MPUZAMAHANGA W’ABAHAMAGARIRWA UBUTUMWA MURI KILIZIYA KU NCURO YA 62

‎‎Kuri iki cyumweru tariki ya 11/05/2025, muri Paruwasi yaragijwe Mutagatifu Yohani Baptista/RUHUHA, ku cyumweru cya 4 cya PASIKA, cyahariwe icyumweru cy’Umushumba mwiza (Yezu Kristu), hizihirijwe umunsi mukuru mpuzamahanga wo gusabira abahamagarirwa ubutumwa muri Kiliziya, ku rwego rwa Arkidiyosezi ya KIGALI. Wizihijwe ku ncuro ya 62 muri Kiliziya.‎‎Myr Casmir UWUMUKIZA, igisonga cya Arkiyepiskopi, wamuhagarariye muri ibi birori,…

Read More

PARUWASI YA KANOMBE YIBUTSE ABAKRISTU BAYO BAZIZE GENOCIDE YAKOREWE ABATUTSI

Paruwasi yaragijwe Mutagatifu Yohani Pawulo II /KANOMBE, yo muri Arkidiyosezi ya KIGALI, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 03/05/2025, yibutse, inasabira abakristu bayo ku ncuro ya 31, barimo ababyeyi, abavandimwe, incuti n’abandi bazize genocide yakorewe abatutsi muri Mata 1994.‎‎Igitambo cy’Ukarisitiya cyatuwe na Padiri Donatien TWIZEYUMUREMYI, umuyobozi wa CARITAS, akaba n’umuyobozi wa Komisiyo y’Ubutabera n’amahoro muri…

Read More

KU NGORO Y’IMPUHWE Z’IMANA i KABUGA HIZIHIRIJWE IBIRORI BY’UMUNSI MUKURU W’IMPUHWE Z’IMANA

Ku Ngoro y’Impuhwe z’Imana ya KABUGA, iherereye muri paruwasi ya KABUGA, ho muri Arkidiyosezi ya KIGALI, ku cumweru tariki ya 27/04/2025, habereye ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru w’Impuhwe z’Imana ku rwego rwa Arkidiyosezi. Mu kwizihiza uyu munsi, igitambo cy’Ukaristiya cyatuwe Myr Jérôme GAPANGWA, umushumba wa diyosezi ya Uvira, ho mu gihugu cya RDC, uri mu…

Read More