Paruwasi Nkanga

Paruwasi Mwamikazi wa Kibeho ya Nkanga

Padri Mukuru,Martin UWAMUNGU

Nimero ya telefoni :0783300370

Umunyamabanga: Savin NIZEYIMANA

Nimero ya telefoni: 0783079091

Gahunda ya Missa

Ku cyumweru : 07.00, 10.00 (Kinyarwanda)

Ku mibyizi : 06.30 (Kinyarwanda)

Penetensiya : Kuwa kane saa cyenda no kuwa gatandatu saa moya n’igice

Adoration : Kuwa kane saa cyenda kugeza saa kumi n’imwe n’igice

Kwakira abakristu

Imiterere ya paruwasi

Paruwasi ya Nkanga ni imwe muma paruwasi agize zone ya Bugesera. Ifite amasantarali ane, atatu muri yo akaba aherere ye mu murenge wa Rweru indi mu murenge wa Gashora, na sikirisare imwe. Paruwasi Nkanga iherereye mu karere ka Bugesera.

Urutonde rwa santrali n’imiryango remezo iyigize

Santarali Mwendo ifite imiryango remezo mirongo ine (40)

Santarali Nkanga ifite imiryango remezo mirongo ine n’irindwi (47)

Santarali Nyiragiseke ifite imiryango remezo cumi n’itandatu (16)

Santarali Kivusha ifite imiryango remezo cumi n’icyenda (19).

Amateka yaranze paruwasi

Paruwasi Nkanga yashinzwe taliki 15/09/2012. Yaragijwe Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho, umunsi mukuru wa paruwasi ukaba wizihizwa taliki 28 ugushyingo buri mwaka. Paruwasi Nkanga yavutse kuri paruwasi ya Rilima ari iya makumyabiri na karindwi (27) mu ma paruwasi agize arikidiyosezi ya Kigali.

Ibarura rya paruwasi

Paruwasi Nkanga ituwe n’Abakristu gatolika 9,193 babatijwe.

Abapadiri bakoze ubutumwa muri Paruwasi Nkanga

No Amazina Igihe
Fr. Gakwandi Jean Marie Vianney 09/2012-08/2016
Fr. Tumushimire Jean de Dieu 09/2012 – 2013
Fr. Nsengimana Mihigo Jean Bosco 2014
Fr. Nzayisenga Polycarpe 08/2015-2016
Fr. Nimuragire Eulade 08/2016-2017
Fr. Umuhire Alain Robert 08/2017-
Fr. Uwayezu Albert 2017-2018
Fr. Niwenshuti Didier (Curate) 2018-

Ibyihutirwa mu ikenurabushyo

Guteza imbere imyidagaduro ku rubyiruko, nk’uburyo bwakwifashishwa mu kubona uko bagezwaho n’Inkuru Nziza;

Guteza imbere ibikorwa nyongeramusaruro bishobora guhangana n’amapfa yo muri ako karere;

Gushyiraho inzego z’ubuyobozi mu mucyo, kubahiriza manda zigenwa n’amategeko azishyiraho n’agena uko zigomba gukora;

Kuvugurura ubuyobozi muri rusange, hifashsioshijwe amahugurwa no gukurikirana imikorere y’abari muri izo nzego

Amahugurwa ahoraho ku balayiki bafasha mu bwogezabutumwa, no guteza imbere amatsinda y’imihamagaro;

Kongerera imbaraga no kuvugurura isomo ry’iyobokamana;

Gushyiraho uburyo bwafasha gukemura amakimbirane mu miryango;

Gukangurira abakristu kurushaho kwita kuri kiliziya no kujya mu miryango y’Agisiyo Gatolika;

Kubaka no kuvugurura ibikorwa remezo by’iyogezabutumwa aho bikenewe.

Paruwasi ya Nkanga ni imwe muma paruwasi agize zone ya Bugesera. Ifite amasantarali ane, atatu muri yo akaba aherere ye mu murenge wa Rweru indi mu murenge wa Gashora, na sikirisare imwe. Paruwasi Nkanga iherereye mu karere ka Bugesera.

Urutonde rwa santrali n’imiryango remezo iyigize

Santarali Mwendo ifite imiryango remezo mirongo ine (40)

Santarali Nkanga ifite imiryango remezo mirongo ine n’irindwi (47)

Santarali Nyiragiseke ifite imiryango remezo cumi n’itandatu (16)

Santarali Kivusha ifite imiryango remezo cumi n’icyenda (19).

Amateka yaranze paruwasi

Paruwasi Nkanga yashinzwe taliki 15/09/2012. Yaragijwe Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho, umunsi mukuru wa paruwasi ukaba wizihizwa taliki 28 ugushyingo buri mwaka. Paruwasi Nkanga yavutse kuri paruwasi ya Rilima ari iya makumyabiri na karindwi (27) mu ma paruwasi agize arikidiyosezi ya Kigali.

Ibarura rya paruwasi

Paruwasi Nkanga ituwe n’Abakristu gatolika 9,193 babatijwe.

Abapadiri bakoze ubutumwa muri Paruwasi Nkanga

No Amazina Igihe
Fr. Gakwandi Jean Marie Vianney 09/2012-08/2016
Fr. Tumushimire Jean de Dieu 09/2012 – 2013
Fr. Nsengimana Mihigo Jean Bosco 2014
Fr. Nzayisenga Polycarpe 08/2015-2016
Fr. Nimuragire Eulade 08/2016-2017
Fr. Umuhire Alain Robert 08/2017-
Fr. Uwayezu Albert 2017-2018
Fr. Niwenshuti Didier (Curate) 2018-

Ibyihutirwa mu ikenurabushyo

Guteza imbere imyidagaduro ku rubyiruko, nk’uburyo bwakwifashishwa mu kubona uko bagezwaho n’Inkuru Nziza;

Guteza imbere ibikorwa nyongeramusaruro bishobora guhangana n’amapfa yo muri ako karere;

Gushyiraho inzego z’ubuyobozi mu mucyo, kubahiriza manda zigenwa n’amategeko azishyiraho n’agena uko zigomba gukora;

Kuvugurura ubuyobozi muri rusange, hifashsioshijwe amahugurwa no gukurikirana imikorere y’abari muri izo nzego

Amahugurwa ahoraho ku balayiki bafasha mu bwogezabutumwa, no guteza imbere amatsinda y’imihamagaro;

Kongerera imbaraga no kuvugurura isomo ry’iyobokamana;

Gushyiraho uburyo bwafasha gukemura amakimbirane mu miryango;

Gukangurira abakristu kurushaho kwita kuri kiliziya no kujya mu miryango y’Agisiyo Gatolika;

Kubaka no kuvugurura ibikorwa remezo by’iyogezabutumwa aho bikenewe.

Paruwasi ya Nkanga ni imwe muma paruwasi agize zone ya Bugesera. Ifite amasantarali ane, atatu muri yo akaba aherere ye mu murenge wa Rweru indi mu murenge wa Gashora, na sikirisare imwe. Paruwasi Nkanga iherereye mu karere ka Bugesera.

Urutonde rwa santrali n’imiryango remezo iyigize

Santarali Mwendo ifite imiryango remezo mirongo ine (40)

Santarali Nkanga ifite imiryango remezo mirongo ine n’irindwi (47)

Santarali Nyiragiseke ifite imiryango remezo cumi n’itandatu (16)

Santarali Kivusha ifite imiryango remezo cumi n’icyenda (19).

Amateka yaranze paruwasi

Paruwasi Nkanga yashinzwe taliki 15/09/2012. Yaragijwe Bikira Mariya Umwamikazi wa Kibeho, umunsi mukuru wa paruwasi ukaba wizihizwa taliki 28 ugushyingo buri mwaka. Paruwasi Nkanga yavutse kuri paruwasi ya Rilima ari iya makumyabiri na karindwi (27) mu ma paruwasi agize arikidiyosezi ya Kigali.

Ibarura rya paruwasi

Paruwasi Nkanga ituwe n’Abakristu gatolika 9,193 babatijwe.

Abapadiri bakoze ubutumwa muri Paruwasi Nkanga

No Amazina Igihe
Fr. Gakwandi Jean Marie Vianney 09/2012-08/2016
Fr. Tumushimire Jean de Dieu 09/2012 – 2013
Fr. Nsengimana Mihigo Jean Bosco 2014
Fr. Nzayisenga Polycarpe 08/2015-2016
Fr. Nimuragire Eulade 08/2016-2017
Fr. Umuhire Alain Robert 08/2017-
Fr. Uwayezu Albert 2017-2018
Fr. Niwenshuti Didier (Curate) 2018-

Ibyihutirwa mu ikenurabushyo

Guteza imbere imyidagaduro ku rubyiruko, nk’uburyo bwakwifashishwa mu kubona uko bagezwaho n’Inkuru Nziza;

Guteza imbere ibikorwa nyongeramusaruro bishobora guhangana n’amapfa yo muri ako karere;

Gushyiraho inzego z’ubuyobozi mu mucyo, kubahiriza manda zigenwa n’amategeko azishyiraho n’agena uko zigomba gukora;

Kuvugurura ubuyobozi muri rusange, hifashsioshijwe amahugurwa no gukurikirana imikorere y’abari muri izo nzego

Amahugurwa ahoraho ku balayiki bafasha mu bwogezabutumwa, no guteza imbere amatsinda y’imihamagaro;

Kongerera imbaraga no kuvugurura isomo ry’iyobokamana;

Gushyiraho uburyo bwafasha gukemura amakimbirane mu miryango;

Gukangurira abakristu kurushaho kwita kuri kiliziya no kujya mu miryango y’Agisiyo Gatolika;

Kubaka no kuvugurura ibikorwa remezo by’iyogezabutumwa aho bikenewe.