Ahubwo mugiye guhabwa imbaraga za Roho Mutagatifu uzabazamo, bityo muzambere abahamya (Intu 1, 8)
Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 13 Kanama 2022 muri amwe mu maparuwasi agize Arkidiyosezi ya Kigali hatangiwemo isakramentu ry’ugukomezwa. Aha twavuga nka paruwasi Kicukiro, Nkanga,Gikondo, Mayange, Ruhuha, Rushubi,…Ahenshi kuri uyu munsi witangwa ry’isakramentu ry’ugukomezwa amasomo ndetse n’inyigisho bigenda bigaruka cyane ku kamaro ka Roho Mutagatifu mu buzima bw’umukristu. Aha turagaruka cyane kwitangwa ry’isakramentu ry’ugukomezwa…